Niyo wabaca inyuma ibyo ntacyo bitwaye pe! Dore ibindi bintu abakobwa banga mu buzima bwabo byatuma bagusiga ugasigara wicuza

 

 

Abakobwa benshi ntibakunda abasore baheheta bakunda kubaca inyuma gusa nubwo bimeze uko ariko hari ibindi bintu abakobwa benshi badakunda.

Iyo utamushimiye kukintu yakoze: Abakobwa burya bajya kumera nk’abana iyo bari mu rukundo, ni ngombwa ko niba akoze ikintu umushimira iyo utabikoze arababara ndetse cyane.

 

Kumwirengagiza umunsi wose: Hari ubwo umukobwa ababara cyane bitewe nuko umaze umunsi wose utamuhamagaye ndetse utanamwandikiye burya ibyo biramubabaza cyane.

 

Gukoresha imbugankoranyamaga cyane: Abakobwa benshi Banga umusore uhora muri telephone amasaha yose kuko baba batari kumwitaho rero ibyo nabyo abakobwa barabyanga.

Kumubeshya cyane: Umukobwa wese burya akunda umusore umubwira ukuri mu bintu byose rero iyo umukobwa uhora umubeshya cyane biramubabaza ndetse cyane.

 

 

Kumwereka inshuti zawe ukamwita inshuti: Hari ubwo umukobwa aba akundana n’umusore ariko Umusore mukujya kumwereka inshuti ze akavuga ko ari inshuti ye nabyo bibabaza umukobwa cyane.

 

Kumugurira ibihenze utamwitaho: Hari abakobwa benshi bakunda ko ubitaho ubakunda ataruko ubaguriye impano zihenze mu gihe umugurira ibihenze utamwitaho nabyo biramubabaza cyane.

Niba wari warabuze ubushake mu gihe cyo gutera akabariro Twiyemeje kugarurira abagabo ishema ryabo mu ngo zabo banezeza abagore babo uko bikwiriye niba wifuza ko tugufasha wahamagara cyangwa se ukatwandikira kuri 0725701440

 

Related posts

Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko  yakubenze mu kinyabupfura

Abasore benshi bibwira ko amafaranga ariyo akurura abakobwa n’ abagore baribeshye , hari ikindi kibararura

Uburyo bwagufasha kugabanya uburakaru bw’ umukunzi wawe mu gihe wamuciye inyuma