Ni abagabo b’Inkorokoro Bamwe mu bazaba bagize Rwanda Premier League Board bamenyekanye.

Umwataka utaha w’imikino shampiyona y’u Rwanda izaba ifite abayobozi bayo bihariye batowe n’abanyamuryango bazajya bafata ibyemezo, bitandukanye nuko byari bisanzwe mbere aho imyanzuro yose yatwaga na FERWAFA. Bamwe mu bazaba bagize Rwanda Premier League Board bamaze kumenyekana ni aba bakurikira;

Lt Col Karasira Richard, umuyobozi wa APR FC. Hadji Muhadaheranwa Yussuf umuyobozi wa Gorilla FC. Uwayezu Jean Fidel umuyobozi wa Rayon Sport.Gahigi Jean Claude, umuyobozi wa Bugesera FC. Mvukiyehe Juvenal, umuyobozi wa Kiyovu Sport.

Ku munsi wejo hazaba inama ya makipe akina ikiciro cya kabiri naho havemo abandi baziyongera muri aba bavuzwe hejuru, Board izaba igizwe n’abantu 13.

Related posts

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]

Yazamuye abarimo Djabel na Ruboneka! Urwibutso rw’Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu witabye Imana

“Singiye muri Real Madrid gukora nk’ibya Cristiano, Birahambaye” _ Kylian Mbappé yacyeje intwari ye mbere yo kwishakamo uzaririmbwa mu Budage