Ngo yumvaga ari we uryoshye! Pasiteri byamukomeranye nyuma yo gusambanya umwana w’ imyaka 4.

 

Muri Leta ya Anambra mu gace ka Obosi, haravugwa inkuru y’ umupasiteri witwa Emeka Mkama, yatawe muri yombi nyuma kugwa gitumo amaze gusambanya umwana w’ imyaka ine.

Ni Pasiteri uri mu kigero cy’ imyaka 56 y’ amavuko, Aho bivugwa ko aya mahano yabaye ku wa 24 Ukuboza 2024 ,ariko amakuru agashyirwa hanze ku wa 17 Gashyantare 2025 , ubwo byagezwaga kuri Dr. Afam Obidike, komiseri w’Ubuzima muri Leta ya Anambra na Stanley Nkwoka Umuyobozi w’ aka Karere.

Aya mahano kandi yamenyekanye nyuma y’ uko Umukozi wo Kigo nderabuzima cya Model Primary Health Centre, Obosi abibwiye inzego z’ ubuzima . Uyu mukozi yabonye umwana arembeye mu rugo ,ariko nta bwitaweho bukwiye yari yarahawe. Emeka Mkama ukomoka muri Leta ya Ebonyi, bivugwa ko ari Umushumba w’ Itorero Jesus Build The Church Mission rikorera muri Obosi,nk’ uko amakuru yatangajwe n’ ikinyamakuru Punch abivuga.

Amakuru yatangajwe n’ umwe mu bagize umuryango w’ uyu mwana utifuje gutangazwa yavuze ko kuba ibi byaha umwana atigeze amererwa neza,ariko umuryango we wakomeje guceceka ntihagiraa ubimenyesha inzego z’ umutekano. Amakuru avuga ko umwana yavuriwe mu buryo bwa gakondo ,ariko ubuzima bwe bukomeza kuzamba,bituma nyina amujyana ku kigo nderabuzima. Ni ho hagaragariye ibimenyetso bishinja uwo mu Pasiteri.kuri ubu Iperereza rira komeje ,ariko bivugwa ko ukekwaho icyaha ashobora kurekurwa mu gihe hatabayeho igihano cyihutirwa cy’ amategeko.

Related posts

Umwarimukazi yagiriye irari umwana yigisha amufata ku ngufu biteza urunturuntu mu banyeshuri.

Yaterewe icyuma imbere y’ iteraniro! Umukuru w’ Itorero yishe mugenzi we amushinja kwiha akabyizi ku mugore we.

Biragoye kubyumva! Umugabo arimo kurira nyuma yo gusanga ubugabo bwe bwaburiwe irengero.