Myugariro ukomeye wa APR FC amakipe akomeje kumugera amajanja

Myugariro ukomeye wa APR FC Salomon Banga Bindjeme Charles umutoza yari yarirengaje, akomeje kwemeza abantu muri Mapinduzi cup.

Uyu myugariro wabaye Kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Camiroon ya CHAN amakipe nka Young Africans na Simba,zikomeje kumurwanira nyuma yo kubona uko ari kwitwara muri Mapinduzi cup.

Amaze guhabwa ibihembo 2 muri Mapinduzi cup harimo nicyo yaraye ahawe cyo kuba ariwe mukinnyi witwaye neza mu mukino batsinzemo Young Africans.

Bamwe mu bayobozi ba Young Africans na Simba SC banyuzwe nuko uyu mwugariro yitwaye muri Mapinduzi cup.

Nubwo bigoye ko APR FC yamurekura kuko afite amasezerano.

Salomon Banga Bindjeme Charles myugariro wa APR FC amakipe akomeje kumuhanganira.

Related posts

Munyakazi Sadate ururumbira kuyobora Rayon Sport arashaka kubanza kuyambura igikombe

Nyuma yo gutsindwa arushwa FERWAFA byayanze mu nda Umutoza Amrouche agambirizwa utwe

Munyakazi Sadateyakojeje agati mu intozi maze yirata ibigwi adafite