Myugariro ukomeye wa APR FC amakipe akomeje kumugera amajanja

Myugariro ukomeye wa APR FC Salomon Banga Bindjeme Charles umutoza yari yarirengaje, akomeje kwemeza abantu muri Mapinduzi cup.

Uyu myugariro wabaye Kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Camiroon ya CHAN amakipe nka Young Africans na Simba,zikomeje kumurwanira nyuma yo kubona uko ari kwitwara muri Mapinduzi cup.

Amaze guhabwa ibihembo 2 muri Mapinduzi cup harimo nicyo yaraye ahawe cyo kuba ariwe mukinnyi witwaye neza mu mukino batsinzemo Young Africans.

Bamwe mu bayobozi ba Young Africans na Simba SC banyuzwe nuko uyu mwugariro yitwaye muri Mapinduzi cup.

Nubwo bigoye ko APR FC yamurekura kuko afite amasezerano.

Salomon Banga Bindjeme Charles myugariro wa APR FC amakipe akomeje kumuhanganira.

Related posts

Umukinnyi mushya wa Rayon Sports yageze mu Rwanda, avuga ko ataje i Kigali “kubara amazu” [AMAFOTO]

EURO 2024: U Bufaransa bwasezereye Cristiano na Pepe imbokoboko, Mbappé yishimira kunywa umuti urura [AMAFOTO]

Rayon Sports yahamije ko yasinyishije myugariro wahoraga ahanganye n’uwo mukeba iherutse gusinyisha