Minisitiri wa siporo yashimiye APR FC bikomeye nyuma yo gutsinda Young Africans

Tariki ya 7 Mutarama 2024 nibwo APR FC yashimishije abanyarwanda harimo na Minisitiri wa siporo itsinda young Africans 3-1.

Minisitiri wa siporo Munyangaju Aurora Mimoza abinyujije kuri Twitter yagize ati”APR FC Oyeeee! Mwakoze kuri iyi ntsinzi nziza.

APR FC nyuma yo gutsinda Young Africans yageze muri 1/2 aho izahura na Mlandege yo muri Zanzibar.

APR FC irifuza gutwara Mapinduzi cup nkuko babibwiwe n’ubuyozi.

 

Related posts

Umukinnyi mushya wa Rayon Sports yageze mu Rwanda, avuga ko ataje i Kigali “kubara amazu” [AMAFOTO]

EURO 2024: U Bufaransa bwasezereye Cristiano na Pepe imbokoboko, Mbappé yishimira kunywa umuti urura [AMAFOTO]

Rayon Sports yahamije ko yasinyishije myugariro wahoraga ahanganye n’uwo mukeba iherutse gusinyisha