Minisitiri wa siporo yashimiye APR FC bikomeye nyuma yo gutsinda Young Africans

Tariki ya 7 Mutarama 2024 nibwo APR FC yashimishije abanyarwanda harimo na Minisitiri wa siporo itsinda young Africans 3-1.

Minisitiri wa siporo Munyangaju Aurora Mimoza abinyujije kuri Twitter yagize ati”APR FC Oyeeee! Mwakoze kuri iyi ntsinzi nziza.

APR FC nyuma yo gutsinda Young Africans yageze muri 1/2 aho izahura na Mlandege yo muri Zanzibar.

APR FC irifuza gutwara Mapinduzi cup nkuko babibwiwe n’ubuyozi.

 

Related posts

Ese Rayon Sports iraza kwikura imbere ya Amagaju FC?

Amagaju FC yatumbagije ibiciro byo kwinjira ku mukino wayo na Rayon Sports

Umukinnyi wa Rayon Sports ukunzwe cyane n’ abakunzi b’ iyi kipe yavuze abakinnyi bamurusha