Mukansanga Salima yahawe kuzasifura umukino ukomeye mu gikombe k’Isi cy’Abagore

Umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda kazi Mukansanga Salima azasifura umukino wa Portugal na Vietnam mu gikombe k’Isi cy’Abagore kiri kubera muri Australia na Nouvelle Zélande.

Ni umukino wa kabiri mu itsinda E uzaba kuri uyu wakane tariki 27 Nyakanga ugomba guhuza amakipe ya Portugal na Vietnam zose zitarabasha kubona inota muri iri tsinda, Ibi kikaba bizakomeza uyu mukino bitewe n’uko Aya makipe yombi azaba ashaka gutsinda.

Mukansanga Salima aje gusifura iki gikombe k’Isi cy’Abagore nyuma yo kwandika amateka mu gikombe k’Isi cya bagabo giheruka kubera muri Qatar, aho yabaye umwe mu bagore batatu bagisifuye akaba aribwo bwa mbere abagore bari bagisifuye.

Related posts

Nahitamo gukina na Rayon Sports inshuro 5 aho gukina na Rutsiro FC cyangwa Etincelles_Umutoza wa Amagaju yishongoye kuri Rayon

Rayon Sports yongeye gutuma abagabo badapfumbata abagore babo!

Ese Rayon Sports iraza kwikura imbere ya Amagaju FC?