INKURU Y’AKABABARO: Perezida wa Namibia Hage G. Geingob yitabye Imana

Hage G. Geingob wari Perezida wa Namibia yitabye Imana ku myaka 82 y’ amavuko  , azize kanseri yari arimo kuvurwa guhera mu kwezi gushize. Mu bitaro “Lady Pohamba Hospital” biri mu gihugu cye.

Inkuru y’urupfu rwa Hage G. Geingob yamenyekanye  ahagana saa kumi zo mu rukerera, kuri iki Cyumweru tariki ya 4 Gashyantare 2024.

Hage G. Geingob yayoboye Namibia guhera muri Werurwe 2015.

Related posts

Burundi: Perezida Ndayishimiye yakojeje agati mu ntozi ubwo yabwiraga abarundi ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisirayeli igihe cya Mose.

Barafinda yavuze ko naba umukuru w’ i gihugu cy’ u Rwanda azahereza abashomeri bose amafaranga ayakuye ahantu benshi bagize urujijo

President Evariste yaguye igihumure yakiriye inkuru mbi ko abasirikare 96 bishwe