Ibya Shaddyboo byagiye ahagaragara inkomoko y’ubwiza afite yamenyekanye

Ni kenshi cyane tubona abakobwa beza kandi bakurura benshi bababonye kubera imiterere yabo irangaza benshi, nyamara benshi ntibaba bazi imvo nimvano y’ubwiza baba bafite.

Umwe mubakobwa bibizungerezi hano uzwi cyane kumbuga nkoranyambaga Shaddyboo numwe mubakobwa bakurura abagabo benshi hano mu Rwanda ndetse no muri Afurika muri rusange dore ko uyu mukobwa ari ikimenyabose.

Uyu mukobwa wamamaye cyane kumbuga nkoranyambaga, yasangije ifoto ye yo mubwana kuri zimwe mumbuga nkoranyambaga akoresha maze benshi batangazwa niyo foto.

Iyi foto yagaragaraga ko Shaddyboo yarakiri umukobwa ukiri muto kandi atarabona amafaranga ngayo afite kugeza ubu.

Bamwe mubakunzi be bakaba batangiye kumwibasira bavugako yibagishije kuberako imiterere yarafite mbere ntahantu ihuriye niyo afite ubu.

Bamwe batangaje kera yari umukene aribyo byatumaga adasa neza, abandi bati ” ushobora kuba waribagishije kugirango ujye ubona uko utwara abagabo akayabo.

Cyakora kuva Shaddyboo yashyiraho iyi foto ntakindi kintu aratangaza nyuma yibi bitekerezo byabakunzi be.

Shaddyboo ni umwe mubagize itsinda rya Kigali Boss Babes akaba ari no mubarishinze, iri tsinda rikaba rigizwe nabakobwa ndetse n’abagore bibizungerezi Kandi bafite agatubutse

Related posts

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze

Ntabwo ajya aripfana! DJ Brianne yavuze impamvu yanze kuba umugore wa Israel Mbonyi ,ababyumvise bamukubise imijugujugu