Ibice bine umukobwa aba yifuza ko umusore akoraho igihe bari kumwe ariko akaba yabuze uko abikubwira

Akenshi iyo umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo cyangwa bari guteretana, bahana umwanya cyane ku buryo ushobora no gusanga mu cyumweru baba bafite nka masaha 80 yo kuganira 30 muri ayo masaha ugasanga akenshi baba barikumwe imbona nkubone.

Mu gihe umukobwa n’umuhungu barikumwe akenshi ibiganiro byabo babikora begeranye ndetse banakoranaho. Mu gihe bari kugirana ibiganiro hari ibice bimwe na bimwe umukobwa aba yifuza ko umuhungu yakoraho ariko akaba adashobora kubimubwira.

Ibi bice ni ibi bikurikira..

Ibyo bice ni Umusatsi, Ibitugu, hejuru y’urukenyerero (munsi y’imbavu), ndetse n’ibirenge. ibi bice uko ari bine ni bimwe mu bice bibyutsa ibyiyumviro by’abakobwa, uko muganira akagenda arushaho kukwiyumvamo.

Related posts

Igihe wamwandikiye ubu butumwa nta muntu uzagutwara umukunzi wawe , uko yaba ameze kose niyo yaba ari Fiacre w’ Amavubi

Uko yaba yakubabaje kose ,wa mugore we aya magambo ntabwo ugomba kuyabwira umugabo wawe!

Ibyiciro by’urukundo buri muntu anyuramo uko yaba ameze kose