Gatenga: Bakurikiranye uburyohe ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro birangira uruhinja rubigendeyemo

 

Mu Karere ka Kicukiro , mu Murenge wa Gatenga , haravugwa inkuru y’ umugore watahanye umugabo ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro birangira baryamiye umwana w’ uruhinja bimuviramo urupfu.

Uyu mugore wo Mudugudu wa Gatenga mu Kagari ka Gatenga ahazwi nka Njamena, yatangiye gukorwaho iperereza nyuma yo gukorana imibonano mpuzabitsina n’umugabo bari batahany,e byabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 12 Gashyantare 2024.

Abaturage baturanye n’ umugore babwiye Igihe dukesha ino nkuru ko uyu mugore ukekwaho gukora uburaya yatahanye n’umugabo iwe yasinze bakorana imibonano mpuzabitsina mu gitondo basanga uruhinja rwe bari baryamye mu buriri bumwe rwapfuye.

Bavuga ko bikekwa ko uyu mugore n’umusambane we baryamiye uwo mwana ubwo barimo gukora imibonano mpuzabitsina.Uwitwa Eric yagize ati ” Bari basinze noneho ubwo barimo basambana baramuryamira kuko yari akiri muto., Yongeyeho ko uyu mugore n’umusambane we babanje kwinywera urwagwa ku buryo batahise bamenya ko urwo ruhinja rwapfuye.

Iyi nkuru yose ni mukanya…..

 

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.