FERWAFA, Abakinnyi 6 b’Abanyamahanga nibo ikipe yemerewe gukinisha muri shampiyona y’u Rwanda 2023-2024

FERWAFA yamenyesheje amakipe yo mu cyiciro cya mbere mu bagabo n’abagore ko bemerewe gukinisha abakinnyi 6 b’abanyamahanga mu mukino.

Ibi bikaba byatangajwe nyuma y’umwiherero wa Komite Nyobozi ya FERWAFA wo kuva tariki 26 kugeza 27 Nyakanga 2023.

Umunyamahanga ukina muri ibyo byiciro agomba kuba atarengeje imyaka 30, yaba ayirengeje ikipe imusinyisha ikagaragaza ko yakiniye ikipe y’igihugu akomokamo mu myaka 3.

Ibaruwa FERWAFA yandikiye amakipe iyamenyesha.

Related posts

Rayon Sports yazanye “Urukuta” mu biti by’izamu

Kwizera Jojea uherutse gusebya ba myugariro ahataniye igihembo gikomeye muri Amerika

Perezida Kagame yaconze ruhago, Mugisha Gilbert aba inkomarume, Umunya-Brésil aratungurana! Ibihe 5 by’ingenzi byaranze gutaha Stade Amahoro [AMAFOTO]