Dore impinduka nshya zakozwe ku mikino ya shampiyona ndetse na gahunda y’imikino y’ibirarane

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashyize hanze gahunda ivuguruye y’imikino ya shampiyona ndetse n’amatariki ibirarane bizakinirwaho.

Iyi gahunda y’impinduka ku mikino y’umunsi wa 10 n’uwa 11 wa shampiyona yatewe n’imikino ikipe y’igihugu Amavubi izakinamo na Sudan, ku itariki ya 16 na 19 Ugushyingo.

Uretse impinduka ku munsi wa 10 n’uwa 11 wa shampiyona, hashyizweho kandi gahunda y’imikino ‘ibirarane itarabereye igihe.

Dore gahunda nshya uko iteye:

Related posts

Ngizo ikipe zigiye guhagararira u Rwanda mu mukino ny’ Afurika,abafana bazo batangiye ku mwenyura

Ese koko APR Niyo irinyuma y’umwuka mubi uri muri Rayon Sport?

Umurozi waroze Rayon Sport ngo idatwara igikombe yabigezeho ubuyobozi bubiha umugisha