Dore ibyo wakorera umugabo wawe muri mu buriri ukaba umufashe burundu ntazigere na rimwe atekereza undi mugore .

Buriya abantu bakundana iyo bagiye guhuza urugwiro mu cyumba bashaka kwishimisha , abagore benshi bo ntibajya bita kumenya aho wafata ku mubiri w’ umugabo agafatwa n’ amashanyarazi akavuga urushinwa atararwize ndetse ntazigere na rimwe atekereza undi mugore utari wowe.

Nk’ uko abagabo babikora ku bagore n’ abagore niko bakabikoze ku bagabo cyangwa kubo bakundana kugira ngo mwese murusheho kuryoherwa muri icyo gikorwa muba mugiye gukora, dore ko benshi bacyita igikorwa kiryoha kurusha ikindi cyintu cyose kibaho kw’isi.

Rero ntago abagore aribo bagomba kuryoherwa gusa kuko usanga abagore babwira abagabo ngo amwonke ibere nibwo yumva uburyohe cyangwa ati undigate mu gutwi cyangwa ahandi azi bamukoraho akarushaho kubishaka ndetse akaryoherwa cyane.

N’ abagabo bagira aho umugore wese yamukora akumva amashanyarazi amwirutsemo mu mubiri wose agatangira kuvuga indimi umugore atazi kubera yamufashe ahantu yumva hamujyana mu ijuru.

Buriya akabariro n’ ingenzi cyane kuko mujya kuyikora mushaka ko mwembi muryoherwa niyo mpamvu uba ukwiye kumenya ibice by’ umubiri w’ uwo mukundana wafataho akarushaho kuryoherwa kandi iyo ubimukoreye kurusha abandi ni wowe akunda cyane.

Dore aho ugomba gufata ku mugabo

Abashakashatsi bavuga ko abagore benshi hafi 78% iyo bari hamwe n’ abakunzi babo usanga bo bafata mu mugongo w’ abagabo cyangwa mu mutwe cyangwa no ku bugabo bwabo bazi ko ariho hafungura gushaka cyane kumugabo ariko baba bibeshya.

Niba rero uri mugore ushaka kumenya aho wafata umugabo wawe akarushaho kuryoherwa uzite kuri aha hantu tugiye kukugezaho.

Hagati y’ umunwa wo hasi n’ akananwa: aho hantu hagira swingi nyinshi cyane , uzabigerageze musomana maze ujye uhanyuza isonga yururimi azajya ashaka konka ururimi rwawe urumwime ukomeze uruzengurutse aho hantu azarushaho kumva amashanyarazi amwinjira arusheho kuryoherwa.

Mu ijosi, Abagore benshi baba baziko gusomaano gufatafata umugabo mu misatsi n’ ubugabo aribyo bituma umugabo na we aryoherwa ahubwo bakibagirwa igice gikomeye cyane gifite aho gihurira n’ umugabo bwe.

Bwira umugabo aryame agatamye maze ujya umurigata mu ijosi ukoresheje ururimi azaryoherwa cyane.

Bamwe abagabo babanga kubera baba batashoboye kubashimisha kubera ko hari uwigeze kumushimisha utamushimisha akakwanga kimwe n’ abagabo batazi gushimisha abagore babo.

Uzarebe iyo umugabo yashimishije umugore we niyo yamukubita ate, n’ iyo yamuhemukira bingana bite ntaho umugore yajya kimwe n’ umugore washoboye kwemeza umugabo we niyo umugore yahemukira umugabo ate, umugabo arisaza akagira gute ahubwo bikarangira ari we usabye imbabazi ngo basubirane.

Akobo kaba iruhande rw’ agatsitsino , ako kobo kagira swingi nyinshi cyane ku bagabo, umugore jya hejuru urebe kubirenge bye n’ ubona asa n’ utangiye kugira imbaraga nkeya ukande kuri ako kobo buhoro buhoro uzajya kubona yongeye kugira imbaraga mukomeza urugendo rwanyu mwari mwatangiye.

Hari abagabo nabo baba bashaka ko babafatafata ahantu ku mubiri wabo kugirango barusheho kumwa ari byiza baryoherwe n’ imibonano , iyo uwo bari kumwe atabimukoreye usanga bose bataryohewe gerageza umukore kuri ibyo bice twavuze haruguru.

Related posts

Abubatse gusa iminota utagomba kurenza igihe urimo gutera akabariro n’ umugore wawe iyo uyirengeje n’ urupfu ruzamo

Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko  yakubenze mu kinyabupfura

Abasore benshi bibwira ko amafaranga ariyo akurura abakobwa n’ abagore baribeshye , hari ikindi kibararura