Bruce Melody yahishuye abandi bahanzi bakomeye yifuza gukorana nabo indirimbo

Bruce Melody uri kwishimira umwaka wa 2023, nyuma yo gukorana na Shaggy indirimbo ye basubiranyemo yitwaga Funga Macho bahinduye When she is around bikaba byaramufunguriye amarembo akajya muri America kuhakorera ibitaramo bitandukanye, yamaze gutangaza abandi bahanzi bakomeye yifuza gukorana nabo.

Mu kiganiro yakoreye kuri Audiomak Africa, Bruce Melody yavuze ko yifuza gukorana indirimbo na Jesoderuro, Asake ndetse na Juliana Kanyomozi wo mu gihugu cya Uganda.

Bruce Melody Kandi yavuze ko yifuza gukora umuziki ku buryo umuntu wese azajya yifuza gukora umuziki afite intego yo kumera nka we.

Related posts

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze

Ntabwo ajya aripfana! DJ Brianne yavuze impamvu yanze kuba umugore wa Israel Mbonyi ,ababyumvise bamukubise imijugujugu