Bruce Melody yahishuye abandi bahanzi bakomeye yifuza gukorana nabo indirimbo

Bruce Melody uri kwishimira umwaka wa 2023, nyuma yo gukorana na Shaggy indirimbo ye basubiranyemo yitwaga Funga Macho bahinduye When she is around bikaba byaramufunguriye amarembo akajya muri America kuhakorera ibitaramo bitandukanye, yamaze gutangaza abandi bahanzi bakomeye yifuza gukorana nabo.

Mu kiganiro yakoreye kuri Audiomak Africa, Bruce Melody yavuze ko yifuza gukorana indirimbo na Jesoderuro, Asake ndetse na Juliana Kanyomozi wo mu gihugu cya Uganda.

Bruce Melody Kandi yavuze ko yifuza gukora umuziki ku buryo umuntu wese azajya yifuza gukora umuziki afite intego yo kumera nka we.

Related posts

“Twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose” Ibyo wamenya ku ndirimbo ‘Ubuntu’ yasamiwe hejuru

Ese koko Byiringiro Lague umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Police FC koko yaba yarateye inda DJ Crush?

Inkuru iteye agahinda ya Nishimwe Consolée, yiciwe abavandimwe be,arasambanywa yanduzwa Sida muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994