Bitunguranye, Umufundi yiyambuye ubuzima, menya impamvu.

Mu gihugu cya Tanzania haravugwa inkuru y’ umusaza witwa Mshamu Omary Mpulu , w’ imyaka 59 y’ amavuko wari usanzwe ari umubaji, yiyambuze ubuzima azira kuba afitiye amadeni menshi abantu nk’ uko Polisi yabivuze.

Amakuru avuga ko uyu musaza yafashe urugendo ajya mu Karere ka Kilwa avuye Es Salaam bamusanga yiyahuriye munzu abagenzi bacumbikamo.

Amakuru yaje kumenyekana ko uyuusaza yiyahuye nyuma yaho abakora amasuku baje bagakomanga bakabona adakimgura , niko gufata icyemezo cyo guca urugi.

Bagezemo basanga yimanitse akoresheje ishuka yamanitse hejuru ku idirisha.Gusa nubwo byatangajwe ko icyatumye yiyahura byatewe n’umwenda yari abereyemo abantu.

Gusa ntabwo hatangajwe umubare w’amafanga ndetse n’abantu bamwishyuzaga uko bangana.

Related posts

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza bari mu gahinda gakomeye , bitewe n’ urupfu rutunguranye rwabaye ku muntu w’ ingirakamaro

Umusore wigaga muri Kaminuza ya UTAB waburaga iminsi mike ngo amurike igitabo yishwe urupfu rubi

Byinshi ku kirungo cya Maggi kivugwaho gutera kanseri