Bitunguranye, Umufundi yiyambuye ubuzima, menya impamvu.

Mu gihugu cya Tanzania haravugwa inkuru y’ umusaza witwa Mshamu Omary Mpulu , w’ imyaka 59 y’ amavuko wari usanzwe ari umubaji, yiyambuze ubuzima azira kuba afitiye amadeni menshi abantu nk’ uko Polisi yabivuze.

Amakuru avuga ko uyu musaza yafashe urugendo ajya mu Karere ka Kilwa avuye Es Salaam bamusanga yiyahuriye munzu abagenzi bacumbikamo.

Amakuru yaje kumenyekana ko uyuusaza yiyahuye nyuma yaho abakora amasuku baje bagakomanga bakabona adakimgura , niko gufata icyemezo cyo guca urugi.

Bagezemo basanga yimanitse akoresheje ishuka yamanitse hejuru ku idirisha.Gusa nubwo byatangajwe ko icyatumye yiyahura byatewe n’umwenda yari abereyemo abantu.

Gusa ntabwo hatangajwe umubare w’amafanga ndetse n’abantu bamwishyuzaga uko bangana.

Related posts

Kwambara ijipo ku bagabo: Ni icyaha cyangwa ni Umuco?

Umuforomo arashinjwa kwica abarwayi 9 kugira ngo abone umwanya wo kuruhuka

Ubuzima bwiza mu biganza byawe: Ibintu 10 by’ingenzi bikugira umunyembaraga!