Biteye urujijo iby’urupfu rw’umwalimu umwe watawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi we bigishanyaga mu gihe bari ku ishuri

Mu gihugu cya Tanzania haravugwa inkuru ibabaje aho umwalimu umwe witwa Samuel Subi yatwe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi we Emmanuel Chacha akoresheje icyuma mu gihe bateguraga ibizamini

Ibi byabaye kuri uyu wa 15 Werurwe 2023 mu ntara ya Geita ku ishuri ribanza rya Igaka,  kugeza ubu amakuru y’ibanze yatanzwe na Polisi avuga ko uyu mwalimu yishe mugenzi we amuteye icyuma mu mutima bari mu ishuri.

Umuyobozi wa Polisi muri Geita Safia Jongo, yemeje aya makuru y’urupfu rw’uyu Mwalimu aho yavuze ko ubwo bariho bategura ibizamini bari mu ishuri, Samuel Sabi yashyamiranye na mugenzi we witwa Emmanuel Chacha hanyuma Samuel ahita atera icyuma mu mutima Chacha ahita yitaba Imana.

Iperereza riracyakomeje kugirango hamenyekane icyateye uwo mwalimu kwica mugenzi w

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.