Biteye urujijo iby’urupfu rw’umwalimu umwe watawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi we bigishanyaga mu gihe bari ku ishuri

Mu gihugu cya Tanzania haravugwa inkuru ibabaje aho umwalimu umwe witwa Samuel Subi yatwe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi we Emmanuel Chacha akoresheje icyuma mu gihe bateguraga ibizamini

Ibi byabaye kuri uyu wa 15 Werurwe 2023 mu ntara ya Geita ku ishuri ribanza rya Igaka,  kugeza ubu amakuru y’ibanze yatanzwe na Polisi avuga ko uyu mwalimu yishe mugenzi we amuteye icyuma mu mutima bari mu ishuri.

Umuyobozi wa Polisi muri Geita Safia Jongo, yemeje aya makuru y’urupfu rw’uyu Mwalimu aho yavuze ko ubwo bariho bategura ibizamini bari mu ishuri, Samuel Sabi yashyamiranye na mugenzi we witwa Emmanuel Chacha hanyuma Samuel ahita atera icyuma mu mutima Chacha ahita yitaba Imana.

Iperereza riracyakomeje kugirango hamenyekane icyateye uwo mwalimu kwica mugenzi w

Related posts

Ngo ntabwo barya! Umugore wa Kabila yanenze abasirikare ba Congo kubaga Inka ze none bakarenzaho no kuzirira mu rwuri rwe!

Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare

Ingabo za Congo zashatse guhengera Abanyamulenge mu munsi mukuru wa Pasika nabo basanga bari maso, babereka ko batojwe