Biteye ubwoba , iyo ushaka gushaka cyangwa gatanya ugomba gukuraho urutoki rumwe gusa, inkuru irambuye.

Muri Papua Gineya haravugwa inkuru itangaje cyane aho hari ubwoko bwitwa Dani , umugabo wese ushaka kurushinga, agomba guca urutoki rwe rw’ iburyo akarwohereza ku mugore we uzaza mu rwego rw’ ikomenyetso cy’ urukundo kuri we ubikuye ku mutima.

Amakuru avuga ko muri ubwo bwoko , niba umugabo ashaka gutandukana n’ umugore we, agomba guca intoki ebyiri z’ ibumuso nk’ ikimenyetso cy’ ubutane, nk’ uko Wikipedia ibitangaza dukesha ino nkuru.

Ngo iyo umugore yapfushije umugabo uca intoki mu rwerwo rwo kwerekana ko utazongera gushaka undi mugabo.

Niba kandi umugabo apfuye , umugore we agomba guca intoki zose nk’ ikimenyetso cy’ urukundo nubudahemuka akamurahira ko atazigera arongorwa n’ undi mugabo wese.

Muri make, muri ubu bwoko iyo umuntu arongoye , gutandukana cyangwa gupfa hagomba gucibwa intoki.

Related posts

Igisikare cya Congo kirimo guhiga bukware Abasore ba Banyamulenge ni babe maso byakomeye!

Byabaye nk’ amateka Twirwaneho yafashe ikibuga cy’ Indege cya Minembwe FARDC ikizwa n’ amaguru.

Nyuma y’ uko Twirwaneho yemeje urupfu rwa General Rukunda Makanika, Abanyamulenge bazindutse bagabwaho Ibitero.