Biteye ubwoba , iyo ushaka gushaka cyangwa gatanya ugomba gukuraho urutoki rumwe gusa, inkuru irambuye.

Muri Papua Gineya haravugwa inkuru itangaje cyane aho hari ubwoko bwitwa Dani , umugabo wese ushaka kurushinga, agomba guca urutoki rwe rw’ iburyo akarwohereza ku mugore we uzaza mu rwego rw’ ikomenyetso cy’ urukundo kuri we ubikuye ku mutima.

Amakuru avuga ko muri ubwo bwoko , niba umugabo ashaka gutandukana n’ umugore we, agomba guca intoki ebyiri z’ ibumuso nk’ ikimenyetso cy’ ubutane, nk’ uko Wikipedia ibitangaza dukesha ino nkuru.

Ngo iyo umugore yapfushije umugabo uca intoki mu rwerwo rwo kwerekana ko utazongera gushaka undi mugabo.

Niba kandi umugabo apfuye , umugore we agomba guca intoki zose nk’ ikimenyetso cy’ urukundo nubudahemuka akamurahira ko atazigera arongorwa n’ undi mugabo wese.

Muri make, muri ubu bwoko iyo umuntu arongoye , gutandukana cyangwa gupfa hagomba gucibwa intoki.

Related posts

Ruhango:Umugabo yavuze uburyo yariye inzoka akumva iraryoshye kurusha izindi nyama ,abaturage bikangamo

Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma ikuba gahu

Amahoro yabonetse, ariko turacyafite Ikibazo gikomeye kandi kirimo gushyira ubuzima bwacu mu kaga_ bamwe mu batuye Minembwe