APR FC yazanye i Kigali myugariro ukomeye urukuta rwa Cameroon

Nyuma yo kwifuza myugariro Ngwessi Ngweni, bikarngira byanze APR FC yanze kuva muri Cameroon itazanye myugariro.Yahise yinjira mu biganiro na myugariro Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme.

Uyu myugariro afite imyaka 27 yavutse tariki 19 mutarama 1996, yavukiye i Yaunde muri Cameroon ndetse akinira n’ikipe y’igihugu ya Cameroon. Uyu mukinnyi ashobora gukina imyanya itatu mu kibuga, aho akina nka myugariro, agakina kuruhande ndetse no hagati mu kibuga.

Bindjeme Banga yakiye amakipe arimo Al Hilal, Difaa Al jadida, coton sport na colombe sport. Aje kwiyongera kuri Buregeya Prince na Niyigena Clement basanzwe bayoboye ubwugarizi bwa APR FC.

Related posts

Umutoza Frank Spittler atewe impungenge n’itsinda Amavubi yisanzemo

Yakinnye CHAN, aza mu Ikipe y’umwaka, bamubatiza Thiago Silva: Hura na Omar Gningue utegerejwe muri Rayon Sports

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]