Amakuru yaka kanya Kiyovu sports imaze gusinyisha umunya Nigeria.

Kiyovu Sports yasinyishije umwataka wabiciye bigacika, muri shampiyona yiwabo muri Nigeria.


Kuri ubu Ikipe ya Kiyovu ikomeje urugamba rwo kwiyubaka,aho yamaze gusinyisha umwataka ukomeye cyane nkuko bigaragara ku mashusho ye akomeje gucicikana.


Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo ikipe ya Kiyovu Sports imaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije umukinnyi wo muri nigeria, uyu akaba ari Moses Onyango wari usanzwe akina muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika .
Kiyovu imaze kwemeza ko yasinyishije rutahizamu wafashije ikipe ya yo muri leta zunze ubumwe za amerika.
uyu mukinnyi ubwo yaramaze gusinyira iyi kipe yagize ati “Muraho bakunzi ba kiyovu Sports, nishimiye kubasinyira. Tuzabonana mu mwaka utaha w’imikino, dufatanya gukora amateka.”


Uyu mukinnyi w’imyaka 28 nk’uko bigaragara ku rubuga rwa interineti, akomoka mu gihugu cya Nigeria ari naho yavukiye.


Uyu mwataka wo muri nigeria witwa Moses Onyango wakiniraga ikipe yo muri leta zumwe ubumwe za amerika biravugwa ko yaba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri(2) muri kiyovu sports agahabwa millioni 30.


Moses Onyango w’imyaka 28 y’amavuko, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu kipe ya Kiyovu Sports kuri ubu akaba azajya yambara nimero 10.

Related posts

Umutoza Frank Spittler atewe impungenge n’itsinda Amavubi yisanzemo

Yakinnye CHAN, aza mu Ikipe y’umwaka, bamubatiza Thiago Silva: Hura na Omar Gningue utegerejwe muri Rayon Sports

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]