Amagambo yavuzwe ni Imfura ya Gen. Makanika , mu muhango wo kumusezera bwa nyuma ateye agahinda!

 

Amagambo yavuzwe n’ umuhungu wa Gen Makanika mu muhango wo kumusezera bwa nyuma ateye agahinda.

Imfura ya General Michel Rukunda uzwi nka Makanika, Prince Makanika yahumurije Abanyamulenge n’ inshuti zabo ubwo bari mu muhango wo kumusezera bwa nyuma ,ndetse avuga ko se yabasezeye mbere y’ uko yitaba Imana.

Uyu muhungu wa Makanika ibi yabitangarije mu muhango wo gusezera Intwari y’ Abanyamulenge General Rukunda Makanika wabereye ahitwa View Garden Bujjuko i Kampala mu gihugu cya Uganda.

Ni umuhango wabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 23 Gashyantare 2025,usozwa mu masaha y’ umugoroba wo kuri iyi tariki twavuze ahabanza.

Ni umuhango witabiriwe n’ Abakirisitu basengera mu nsengero z’ Abanyamulenge ziba i Kampala,ndetse n’ abandi bantu bakundaga General Rukunda..mu ijambo rya Prince Makanika yatanze muri uwo muhango wo gusezera bwa nyuma umubyeyi we yagaragaje ko se yabasezeye. Ati” Mu kubaha umubyeyi wanjye ,Gen. Rukunda,bagabo na mwe bagore , bayobozi na mwe batware, na Apostle na ba Bishop,aba Pasiteri n’ abavugabutumwa ,abinginzi ndetse n’ abandi bayobozi bose baraha ,ndabaramukije. Uyu munsi mpagaze imbere yanyu n’ umutima wuzuye ishema ,gusa nimvuga ngo njye ,ntabwo mba ndimo ndivuga njyewe ubwanjye njyenyine, ndetse n’ abana yadusiganye ,nihamwe na bashiki banjye na barumuna banjye na mwe Banyamulenge mwese muri rusange ,muri abantu bacu.”

Related posts

Igisikare cya Congo kirimo guhiga bukware Abasore ba Banyamulenge ni babe maso byakomeye!

Byabaye nk’ amateka Twirwaneho yafashe ikibuga cy’ Indege cya Minembwe FARDC ikizwa n’ amaguru.

Nyuma y’ uko Twirwaneho yemeje urupfu rwa General Rukunda Makanika, Abanyamulenge bazindutse bagabwaho Ibitero.