Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Ubuzima

Amaze imyaka 30 Agendesha Umugongo | Abarozi nibo babikoze | Burya koko satani abaho turabyiboneye pe!

Wamugabo ugendesha umugongo tumugezeho, Mu kiganiro kirambuye twagiranye yatubwiye uburyo byatangiye ari ingata ataburuye mumurima bikarangira amugaye gutya, Kwa muganga bamubwiye ko ari ukumuroga.

Twasuye wamuryango ufite abana babiri bavukanye ibibazo gusa n’umubyeyi we akaba afite ibibazo bidasanzwe kuko agendesha umugongo kubera ubumuga budasanzwe yifitiye.

Nyuma y’uko aba bashakanye Igihe cyarageze Imana ibaha Urubyaro,umwana wabo wimfura yaje guhura nubumuga ababyeyi be baramuvuza kugeza bashiriwe barekeraho nyuma ninabwo n’umubyeyi wabo yaje guhura n’ubumuga budasanzwe birabakomerana.

Nyuma yigihe babyaye undi mwana we noneho yaje afite ubumuga bukabije kurushaho kuko atashobora kwivana aho ari.

Muri Rusange babyaye abana bane (4) aribo tavuze haruguru maze babiri(2) muribo bavukana ubumuga.

Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.

Umugabo we kimwe n’umuryango we bavuga ko bagannye inzego zose bireba ariko bakabura uwabafasha kuvuza uyu mubyeyi ngo na Minisiteri y’Ubuzima ntacyo yamufashije.

Ntahobavukira Alex utuye mu mudugudu w’Iterambera mu Kagari ka Nyaruyenzi mu Murenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge avuga ko tariki ya 09 z’ukwezi kwa munani 2010 aribwo umugore we witwa Dusabimana Mediatrice yagannye ibitaro bya Gisirikare i kanombe agiye kubyara umwana w’abo w’imfura.

Nkuko abisobanura neza Ntahobavukira avuga ko yagerageje kugeza iki kibazo ku nzego zitandukanye zirimo Ibitaro bya Gisirikare ndetse na Minisiteri y’Ubuzima ariko ntiyasubizwa.

Nyuma yaje kugana urukiko asaba ko umugore we yavurizwa hanze y’igihugu.Urukiko rwashyizeho Komisiyo y’abantu batatu bagenzura iki kibazo.Muri raporo batanze bagaragaje ko uyu mugore adashobora gukira kuko yagize ikibazo ku bwonko no k’urutirigongo.

Uyu mugabo avuga ko yababajwe bikomeye no gucibwa amagarama y’urubanza kandi ikibazo cye cyarirengagijwe.

Kuri ubu uyu muryango ubayeho mubuzima bubi cyane kuko mu rugo rwose bose bahuye n’ubumuga ntawe ushobora gutunga undi.

Related posts