Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Amashirakinyoma kucyateye Manishimwe Djabel kubwira Umutoza Adil amagambo y’imena mutwe cyateye benshi kwifatira kugakanu uyu mutoza

Kurubu ikipe ya APR FC imeze nkurugo rwajemo amakimbirane hagati y’umugabo n’umugore maze ibyari mumbere bikajya kukarubanda maze isi sukota urwo rugo ikivayo.kurubu rro ikipe ya APR FC ibyayo byamaze kudogera nyuma yaho umutoza mukuru Adil atangaje amagambo y’imena mutwe akavugako abakinnyi afite bose ari bamwe ndetse akagaya cyane uwitwa Manishimwe Djabel hafi yo kuba yamufata mumashati aho yamushinjaga ko yaba atsindisha iyikipe kandi nyamara uyumukinnyi kubwe avuga ko ntako aba atagize.

Ubwo yaganiraga na Radio 1 , Captain Manishimwe Djabel yatangaje ko kuba umutoza we yaravuzeko ariwe watumye iyikipe ya APR FC itsindirwa muri Tunizia ko kubwe ataribyo byari bikwiriye ndetse uyumusore aza gutangaza ko mugihe abantu basangiye ibyiza baba bagomba no gusangira nibihe bibi mugihe byaba byaje. ngo mugihe rero umuntu yifuza ko mubana mubihe byiza gusa ngo uwo aba ntamugabo umurimo.

Irijambo rero ryaje gutuma benshi bibaza kubyahise byose maze benshi baza kubona ko ikibazo atari abakinnyi ahubwo ikibazo kiri kumutoza ngo kuko ntabwo umuntu yahora agirana ibibazo nabantu bose. nwkibutse ko uyu adil amaze imyaka igera kuri 3 muri APR FC ariko muri icyogihe cyose ahamaze akaba yaragiye arangwa no gushwana byahato na hato n’abatoza b’abungiriza be, agashwana n’abakinnyi, agashwana n’abanyamakuru, agashwana naburiwese kugeza nubwo urwego rwabakinnyi rugiye rukamanuka kugeza ubwo ikipe ya APR FC ibura umukinnyi numwe mu ikipe y’igihugu kandi nyamara yaratwaye igikombe cya Championa. nubwo kugeza ubu hataramenyekana icyo ubuyobozei bwa APR FC buzakora ariko uyumutoza akaba yakomeje kwibutsa ko yasinye amasezerano y’imyaka 2 mashya.

Related posts