Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Amakuru yakakanya nonaha rayon sports imaze gusinyisha Rutahizamu wo muri Zambia azanye na Luvumbu.

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu  wigikurankota uriguca ibintu mu gihugu cya Zambia  wakinanye na Luvumbu wigeze gukina muri rayon sports.

Mubyukuri uwo rutahizamu yitwa Bannen Mohammed arnord ukomoka mu gihugu cya  Zambia aho hari nandi makuru avuga ko luvumbu nawe ashobora guhita agaruka muri rayon sports ntagihindutse.

Amakuru abyutse yandikwa mu bitangazamakuru muri iki gitondo aravuga ko ikipe ya rayon sports yaba yamaze umvikana naba bombi igisigaye ari ukohereza itik y’indege bakaza muri Gikundiro.

Uyu mukinnyi ukomoka muri Zambia ariko akaba afite amamuko muri algeria  wakinaga muri Union sportive de Rusaka yo mu cyiciro cya mbere muri zambia, bivugwa ko ashobora gukina aca ku mpande, yamaze gusinyira Rayon Sports amasezerano yo kuyikinira mu gihe cy’imyaka ibiri n’amezi 6 nkuko bisobanurwa neza.

Uyu rutahizamu wanyuze mu makipe Akomeye nka debonie fc yo muri Nigeria na Union sportive de Rusaka ari nayo aje avuyemo ndetse akaba yaranayitsindiye ibitego 19 yavuze ko yiteguye gufasha ikipe ya rayon sports gutwara ibikombe umwaka utaha w’imikino.

Nkuko bigaragara mu bitangazamakuru bitandukanye ibi bitego 19 yabitsinze  muri uyu mwaka w’imikino ushize, akaba yaranakiniye andi makipe agera kuri ane(4) yo muri Mozambique na Togo.

Mu cyumweru gishize nibwo uyu rutahizamu yageze mu Rwanda avuye muri zambia , akaba yarumvikanye na Rayon Sports nyuma y’aho ibya Souleiman pokoto wariwitezwe kuza bipfuye.

Kuri ubu rero Nkuko twabivuze haruguru Rayon Sports yamaze gutangaza ko yamaze gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Zambia akaba aje guca impaka hano mu Rwanda.

Related posts