Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Amakuru agezweho muri Rayon Sports umwe mu bakinnyi bayo yavunitse undi agaruka mu myitozo

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yitegura umukino ubanza wa CAF confederation cup izakirwamo na Al Hilal Benghazi.

Mu myitozo yabaye umukinyi Youssef Rahrb warumaze iminsi afite akabazo kimvune yagarutse mu mu myitozo ariko akora imyitozo yoroheje. Youssef yavunitse mu cyumweru gishize ubwo Rayon Sports yarigiye guhaguraka mu Rwanda ijya i Benghazi muri Libya. Mu myitozo yabaye kandi ikipe ya Rayon Sports yatakrijemo umunye Sudan Mugadam Abakar Mugadam wagize imvune kuri ubu akaba atari gukorana nabagenzi be.

Umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi uzaba kuri iki cyumweru tariki ya 24 Nzeri ku Kibuga cya Kigali Pele stadium. Biteganyijwe ko Al Hilal Benghazi izashyika mu Rwanda kuri uyu wa Kane.

Related posts