Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Abasore batagira amafaranga hari impamvu 5 zituma bakundwa cyane n’ abakobwa beza  kurusha abafite amafaranga babuze abakunzi

Bakunze kuvuga ko abafite inkwi baraya ibihe bashaka kumvikanisha ko abahungu bafite amafaranga bakunze gutereta abakobwa beza.Ariko se wari uziko buriya abasore badafite amafaranga bakunze gutereta abakobwa beza buburanga buhebuje kandi bakabemera ,bitandukanye nuko benshi babyibwira baziko abasore bafite amafaranga aribo bakunze kwemerwa n’abakobwa beza:

YIFITIYE IKIZERE : Umuhungu udafite amafaranga buriya asigara arwana n’indi ngingo yamurengera ,ku buryo ashobora kuburara ariko akajya gym gukora sports ,ibyo rero bikaba byatuma n’igihe aza kugutereta aza ashize ampanga kandi ukizera ibyo akubwiye ndetse ukabimukundira .

AZI ICYO ASHAKA : Umuhungu abantu benshi baba babona adafite amafaranga burya ku kintu yiyemeje aragikora akandi kigakunda kuko azi icyo ashaka ,hari nigihe usanga kuba adafite amafaranga mu byukuri ari ubushake bwe.

BAZI GUKUNDWAKAZA : Niba umusore adafite amafaranga nk’ingingo yamurengera igihe ashaka gutereta umukobwa urumva ari iki kindi cyamurengera kigatuma umukobwa amukunda ,rero niyo mpamvu umusore udafite amafranga iyo agiye kugutereta abanza kumenya byose ukunda kandi akabikora atizigamye ku buryo uburyo yagukundwakajemo bishobora gutuma umukunda ,cyane ko aribyo abakobwa bakunda.

Related posts