Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Ubuzima

Abakobwa n’ abahungu bakora imibona**n**o badafite imyaka 18 ni amarimb**i yigendera_ Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda

 

 

Hashize igihe humvikana amajwi ahwihwiswa ko ubu ubusambany*** bwakajije umurego m’urubyiruko, ibyo bigasanishwa n’imyitwarire igaragara mu ngimbi n’abangavu aho usanga bakabije kwishora mu ngeso zidahwitse  zirimo n’ubusambanny****i.

Umunyamakuru akaba n’umukinnyi wa Film mu Rwanda Gihozo Teta Nicole yifatiye ku gahanga urubyiruko rutinyuka gukora imibonano mpuzabitsi***a rutaruzuza imyaka y’ubukure (18) avuga ko umuntu wese utinyuka gukora icyo gikora aba ari injiji bujiji.

Mu kiganiro n’itangazamakuru Teta Nicole yahamamije ko nta mwangavu cyangwa Ingimbi bari bakwiye gukinisha gukora imibonano uko biboneye ngo banatinyuke kuyikora nta gakingirizo kuko ababikora baba ari amarimbi yigendera.Ati:”umuntu ukora imibonano mpuzabitsin***a nta gakingirizo uwo ni irimbi pe kuko ntawamenya impamvu yaga kugakoresha. Ibaze uri umwana byongeye uri n ‘umwana urumva ko uba uri kwishyingura.”

Teta Nicole Gihozo ni Umunyamakuru kuri Fine Fm 93.1 ikorera i Kigali mu Rwanda  akaba umukinnyi wa Film mubamaze kumenyekana kuko uretse kuba yarakinnye muyitwa Urugo Rwange , ubu ari mo gukina muyitwa Mia Mor Ica kuri Patyno Comeddy kuri Channel ya Youtube.

Uyu mukobwa  kandi Taliki 14.02.2023 yagaragaye mu mashusho y’ i Nyamirambo ahazwi nko mu marangi amenaho umubyeyi wari uhetse umwana  Umutobe (jus) banatongana cyane  ariko bizakurangira bimenyekanye ko yari amashusho ya film bakinaga.

Related posts