Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Abakinnyi 11 kuri buri Kipe na 11 beza dukombinnye abakinnyi b’amakipe yombi, Umukino wa nyuma wa super cup 2023, APR FC na Rayon sports

Uyu munsi tariki 12 Kanama nibwo amakipe 2 ya mbere akunzwe mu Rwanda aza gukina umukino wa nyuma w’igikombe kiruta ibindi Super cup.

Ni umukino uratangira i Saa 15H00 ubere kuri sitade ya Kigali Pele stadium, mbere y’uko uyu mukino w’amateka uba ibinyamakuru bitandukanye kandi bikomeye hano mu Rwanda byagerageje gukora intonde za bakinnyi bashobora kuza kubanza mu kibuga Ku mpande zombi.

Duhereye Kuri Rayon Sports umutoza wayo YAMEN ZELFANi ashobora kubanza mu kibuga,

1. Hategekimana Bonheur

2. Serumogo Ally

3. Bugingo Hakim

4. Rwatubyaye Abdul

5. Mitima Isaac

6. Aluna Moussa Madjaliwa

7. Ngendahimana Eric

8. Ruvumbu

9. Youssef Rahrb

10. Charles

11. Ojera

Naho umufaransa Thierry Froger utoza APR FC ashobora kubanza mu kibuga abakinnyi bakurikira,

1. P.Ndzila

2. Fitina Ombalenga

3. Christian

4. Burugeya Prince

5. Bindjeme Banga

6. Pichou

7. Ruboneka

8. Shaiboub Ali Abdelhraman

9. Victor Mbaoma

10. Apamu assongwe

11. Taddeo Luanga

 

Abakinnyi ba makipe yombi bateranyije

1. P. Ndzila. APR FC

2. Serumogo Ally. Rayon sports

3. Christian. APR FC

4. Rwatubyaye Abdul. Rayon sports

5. Mitima Isaac. Rayon sport

6. Aruna Moussa Madjaliwa. Rayon sport

7. Ruboneka. APR FC

8. Shaiboub Ali. APR FC

9 . Victor Mbaoma. APR FC

10. Youssef Rahrb.Rayon Sports

11. Ojera. Rayon Sports

Related posts