Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Abagabo gusa: Umugore ukora ibi bintu yaguhindura imbwa uramutse utabyitayeho

Abashakanye baba bafite inshingano zo kwitanaho mu buryo bwihariye ku buryo buri wese amenya intege nke zamugenzi we kugira ngo abashe kumwitaho.

IBINTU BYO KWITONDERA KU BAGABO BAFITE ABAGORE BAFITE IMICO MIBI

1. Gukoresha amafaranga bya hato na hato:Niba uri gutereta umukobwa cyangwa ukaba ubana n’umugore mu nzu, ukunda gukoresha amafaranga bya hato na hato, itonde cyane ubanze ushishoze umenye uko umufasha gukira iyo ndwara kuko utarebye neza yaguhindura umukene.

Uyu mugore azagusaba impano za buri mwanya, akubwire ko ashaka kujya guhaha utuntu nyamara tudakenewe muri make uzabona ko nawe adakenewe mu buzima bwawe bitewe n’intumbero ufite y’ahazaza.

2. Umugore ugusaba imbaraga nyinshi cyane:Burya kuba ubana n’umugore umwe mwiza mwumvikana ni ingenzi cyane, ariko hari ubwo ubana n’umugore nyamara wareba ugasanga imbaraga agutwara ni nyinshi cyane, Uyu mugore ameze nk’uwo twahereyeho kuko agusaba kumusohokana cyane ndetse aba yifuza ko buri mwanya muhorana.

3.Umugore utiyitaho: Umugore uba ukeneye ko buri kimwe ari wowe ugikora kandi muri kumwe yakugira umukene kuko n’akazi ntabwo ubasha kugakora neza kandi ari ko kabatunze, Mu by’ukuri nubwo abantu baba babana, baba bakeneye no kwitanaho mu buryo bwo kugenzura n’ibyo bita umutungo wabo.

Isoko: leverageretirement

Related posts