Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Abafana ba Rayon Sport Bariye Karungu nyuma yuko bumvise ayamakuru mu ikipe yabo! Ntucikwe n’amakuru agezweho

Hashize Amasaha make, Inkuru igiye hanze ko abari abatoza b’ikipe ya Kiyovu Sport baba bamaze kumvikana na Rayon Sport ko bagiye kuyitoza. iyinkuru byonyine kuyivuga ni ikibazo gikomeye cyane mumatwi y’abafana ba Rayon Sport cyane ko ari ikipe yari yaragaragaje ko ifite gahunda yo kuzaba ari ikipe ikomeye cyane mumwaka utaha w’imikino.

Ubwo iyinkuru yajyaga hanze itangajwe na Radio TV 10 ikavuagako abatoza ba Kiyovu Sport baba bagiye kwerekeza muri Gikundiro, abafana benshi ntabwo babyakiriye neza ndetse banavugako ari ikimenyetso kibi kandi gikomeye babonye k’ubuyobozi bwabo ko budashoboye ko ndetse igikombe no kwitwara neza basezeranije abakunzi b’iyikipe ntabyo babona mugihe bashaka kuzana abatoza abatoza badasanzwe bamenyereweho gutwara ibikombe.

Nubwo abenshi mubafana ikipe ikundwa na benshi hano mu Rwanda batemeza ayamakuru cyane ko bavugako rimwe na rimwe amakuru atangazwa ni ikigitangaza makuru ayamakuru akunda kuza ari ibihuha cyangwase atujuje ubuziranenge bose bakaba bavuze ko bategereje kureba igihe ikipe ya Rayon Sport yazatangariza ayamakuru maze bakabona kwemera ko iyikipe noneho yaba igaragaje ko ntagahundo yo gusubira muzitwara ibikombe nkuko yarisanzwe ari ikipe ihora muzambere zishaka ibikombe.

Nkwibutseko perezida w’iyikipe aherutse gutangaza ko amarira aba Rayon barize agiye kwibagirana ndetse akabihamisha gusinyisha abakinnyi bakiri bato ndetse bafite imbaraga n’impano, ariko abafana benshi bakaba bemeza ko kuba abahoze batoza ikipe ya Kiyovu barasoje umwaka w’imikino bari kumwanya wa 2 ataribyo bikwiriye kubahesha gutoza ikipe ikomeye nka Rayon Sport.

Related posts