![](https://kglnews.com/wp-content/uploads/2022/05/bamporiki_edouard.jpg)
Edouard Bamporiki Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Urubyiruko n’ Umuco , kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Gicurasi 2022, yabaye ahagaritawe ku mirimo ye kubera hari ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.
Itangazo ryashyizwe hanze n’ Ibiro bya Minisitiri w’ Intebe , rivuga ko Bamporiki yahagaritswe kubera ko hari ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.
Kugeza ubu ntabwo haratangazwa icyo Bamporiki yakoze cyatumye ahagarikwa ku mirimo ye.
![](https://kglnews.com/wp-content/uploads/2022/05/IMG_20220505_180335-727x1024.jpg)