Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

U Rwanda rwisanze mu itsinda ruzatsinda Lesotho yonyine uko tombora y’amatsinda yo gushaka tike y’igikombe k’Isi yagenze

Uyu munsi muri Côte d’Ivoire habereye inama ya CAF ya 45 yahuriyemo abayobozi ba mashyirahamwe b’umupira wa maguru muri Afurika yanabereyemo tombora y’amatsinda y’igikombe k’Isi cya 2026.

Muri iyo nama habereyemo tombora isiga u Rwanda rwisanze mu itsinda rya Gatatu Aho ruri kumwe na Nigeria, South Africa, Benin, Mozambique na Lesotho.

Imikino ya mbere yo mu matsinda izakinwa mu ugushyingo 2023. Mu itsinda u Rwanda rwisanzemo ruri makipe yoroshye cyane ko Nigeria na South Africa ariyo makipe ahabwa amahabwa amahirwe yo kuyobora itsinda.

uko tombora yagenze muri rusange

Related posts