Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

90% by’ abakobwa b’ iki gihe bakundana n’ abagabo bubatse! Ese ni ukubera iki abakobwa bakunda abagabo bafite abagore? benshi bibaza iyi mpamvu ariki yagiye ahagaragara

 

Ushobora kubyumva , ugatekereza ko bidashoboka ariko iyi ni inkuru yabaye Kimomo ndetse benshi bibaza impamvu yabyo bikabayobera.Ababyeyi bamwe bati:” Kuki umwana w’umukobwa ukuri muto akunda umusaza ungana na nase cyangwa sogokuru we?”.

Benshi mubakobwa bemeza ko abagabo bubatse aribo bagaragara neza by’umwihariko iyo bambaye impeta igaragaza ko bafite urugo (Imyumvire y’abakobwa).

Umunyamakuru wanditse inkuru kuri Dailmail, yahaye umutwe ugira uti:”The Eight reasons 90% of women are attracted to a man who is taken ( why you should always avoid acting on it)”.

Yaragize ati:” Ubusanzwe, abantu bagaragaza neza ndetse bigasa n’aho bari ku isoko iyo bavuze ijambo ngo ‘Ndahari’, ndi single , bakaryandika ku mbuga nkoranyambaga zabo, nyamara hari n’abandi bakunda abagabo bababwira ko bubatse ariko bakanga kubivuga.

Ikintu gituma bamwe mu bakobwa bakururwa n’abagabo bubatse ni uko abo bagabo nabo badashyiraho imipaka yabo n’abo bakobwa ngo babahakanire binyuze mu isezerano baba baragiranye nabo bashakanye.

Iki kinyamakuru kigaragaza ko abakobwa bakunda abagabo bubatse kubera ko baba bashaka ko basambana cyangwa bigahurirana n’uko aba bagabo badakomeye.Abagabo bamwe ntabwo bagira kwihangana.

Bivugwa ko aba bakobwa babura ubwenge bubabwira ko nibakundana n’abagabo bubatse ntakindi bazabaha uretse kuryamana nabo gusa ntarundi rukundo babafitiye ndetse bakibagirwa ko abo bagabo bafite abandi babakunda mungo zabo.

Iki kinyamakuru cyemeza ko hari indwara itaramenyekana yereka abakobwa ko abagabo bubatse aribo beza kurusha abasore bangana.

ESE NI UBUHE BWENGE BITWAZA BAGAKUNDA ABAGABO BUBATSE ?

Muri iyi nkuru baragira bati :” Abagabo bubatse baba bafite byose , bafite ubuzima bwiza birenze kuba bubatse cyangwa bafite izindi nyingano”

KUKI SE ABAKOBWA BABIKUNDA

1. Ni inyamaswa zirabikora.

Ubusanzwe byitwa ‘Male Copying’ cyangwa Mate Poaching’.Ibiremwa by’inyamaswa by’ibigore bikunda bigenzi byabyo byigeze kubonwa hamwe n’ibigabo.

2. Imbata z’ibitsin***a.

Ubushakashatsi bwakozwe muri 2010 bwagaragaje ko abakobwa/abagore aribo bakururwa n’abagabo bubatse kurusha abagabo ariko bakaba bashaka ko baryamana.

3. Umugabo wubatse aba yaragaragaje ko ashoboye

 

Related posts