Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Yakoze agashya yaje aherekejwe n’ abakobwa bambaye imyambaro iteyeho ibitsina by’abagabo mu birori byo gushyingura benshi bakizwa n’ amaguru. Dore ifoto

Umunya_ Nigeria ufite izina rikomeye Pretty Mike , yatunguye imbaga nyamwinshi ubwo yitabiraga umuhango wo gushuongura umubyeyi w’umunyamuziki, Don Jazzy arikumwe n’abakobwa 8 bambaye imyambaro idasanzwe iteyeho ibitsina by’abagabo.

Pretty Mike ni umwe mubagabo bazwiho udushya cyane muri Nigeria, muri uyu muhango mugihe abenshi bari mugahinda we yagaragaye ubona yishimye agaragiwe n’abakobwa umunani bari bambaye amapantaro ateyeho ibisa n’imyanya y’ibanga y’abagabo.

Pretty Mike, yatanguye abantu ubwo yitabiraga umuhango wo gushyingura umubyeyi w’umunyamuziki, Don Jazzy arikumwe n’abakobwa 8 bambaye imyambaro idasanzwe iteyeho ibitsina by’abagabo.

Ni ibintu byatunguye abantu benshi bituma bamurangarira cyane ariko avugako aribwo buryo yari yateguye kugirango abashe kwitabira ibirori byo guherekeza umubyeyi wa Don Jazzy.

Pretty Mike, si ubwambere avuzwe kubera kugaragra arikumwe n’abakobwa yabakoresheje ibyo ubona ashaka kuko yigeze no kugaragara arikumwe n’abakobwa 6 batwite bivugwako bose ariwe wabateye inda akazibatera mugihe kimwe.

Related posts