Yakije imbuga nkoranyambaga! Amashusho y’ umwana mwiza w’ umunyeshuri ari kwigisha bagenzi be uko batera akabariro yabaye sakwe sakwe

 

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye benshi hakomeje gucicikana amashusho y’ umwana w’ umunyeshuri arimo kwigisha bagenzi be uburyo abagore bitwara iyo bari mu gikorwa cy’ abakuru( gutera akabariro).

 

Ni amashusho yafatiwe mu kigo cy’igamo abanyeshuri biga bacumbikirwa hariya muri Afurika y’Epfo.Aya mashusho agaragaza umwana w’umukobwa uri mu kigero k’imyaka 16 na 18, yobajijweho cyane ndetse arasakazwa cyane kugera naho agera ku bayobozi b’ikigo ndetse n’Ababyeyi be.

Amakuru avuga ko uyu umunyeshuri yaje kwirukanwa ndetse ahabwa kuguma mu rugo ibyumweru 2, nabwo akagarukana n’Ababyeyi.Ni mu gihe bivugwa ko uwamufashe iyi videwo ari umuntu bararaga muri door imwe.