Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Yaje runono none amaze kwigarurira imitima y’abatari bake, byinshi wamenya k’umuhanzi ukizamuka Zory Banks

 

Umuhanzi ukizamuka Pacifique Muhire uzwi nka Zory Banks  yashyize handi indirimbo yise “Blessings” afatanyije na Hollix wo muri Trappish Music.

Mu kiganiro yaguranye n’itangazamakuru  Zory Banks yavuze ko yatangiye umuziki muri 2018 yifasha muri byose ariko Nyakanga uyu akaba yaragiriwe ikizere na QUEEN MANAGEMENT bagirana amasezerano yo gukorana.

Zory Banks yagize ati:”Natangiye gukora music muri 2018 narifashaga muri byose hanyuma muri uyu mwaka mu kwa 7 nibwo nagiriwe ikizere na QUEEN MANAGEMENT tugirana amazezerano yo gukorana”.

Yakomeje avuga ko mu gihe yifashaga yakoze indirimbo zitandukanye harimo:Ride,Taki n’izindi…., nabwo ati:”narifashaga muri byose aho nagiye nkore indirimbo zitandukanye zirimo RIDE, TAKI, NAMAZE, FAKE CHICK nsubiza Alyn Sano ku ndirimbo ye Fake Gee n’izindi….”.

Kuri ubu uyu muhanzi ukiri muto Zory Banks yasohoye indirimbo nshya yise “Blessings” n’indirimbo avuga ko ubutumwa buri muri yo ndirimbo yashakaga kuvuga ko umuntu wese mucyo akora cyose ko akenera ubufasha aho kumurwana umubwira ko yahisemo nabi.

Yasoje abwira abafana be ko ari kubategurira indirimbo azafatanya n’umuhanzi usanzwe uzwi ndetse anavuga ko we na Management ye bari gutegura ibintag batari batangaza igihe bazayishyirira hanze avuga ko bakiba

Related posts