Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Umusirikarekazi Madison Isabella Marsh yegukanye ikamba rya Miss America 2024

Madison Isabella Marsh usanzwe mu gisirikare cya America mu ngabo zirwanira mu kirere ufite ipeti rya Sous Lieutenant, niwe wegukanye ikamba rya Miss America 2024.

Irikamba yegukanye ryari risanzwe rifitwe na Miss Grace Marie Stanke waryegukanye ku wa 15 Ugushyingo 2022.

Miss Isabella Kandi nyuma yo gutsindira iri kamba yahise ahabwa itike yo guhagararira iki gihugu mu marushanwa y’ubwiza agiye atandukanye ku isi ndetse ahabwa na amadorari ibihumbi  50 angana na million 50 z’amafranga y’u Rwanda ndetse yongererwaho kwishyurirwa amasomo yose yifuza kwiga.

Isabella akaba abaye umusirikarekazi wa mbere ukiri mu nshingabo wegukanye iri kamba rya Miss America.

Related posts