Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Umusirikare yapfuye urupfu rutunguranye ubwo yari mu byishimo n’ umugore w’ imyaka 31 .

 

 

Kuri uyu wa 07 Kamena 2023 , nibwo urupfu rw’ umusirikare rw’ amenyekanye aho bivugwa ko yarimo gutera akabariro n’ umugore w’ imyaka 31 y’ amavuko.

Uyu musirikare tari afite imyaka 40 y’ amavuko.

Inkuru mu mashusho

 

Byabereye mu gihugu cy’ uburundi muri komini Mutukura , intara ya Cankuzo

Uyu nyakwigendera yitwa Dusabeyezu Vianney.

Uyu musirikare yari umushoferi w’ikigo cya gisirikare cya Mutukura nk’ uko SOS Burundi dukesha ino nkuru ibivuga.

 

Nyiri hoteli yamenye inkuru y’urupfu rw’uyu musirikare, ahamagara Polisi, iza guta muri yombi uyu mugore bari baryamanye witwa Concillie Nimubona, Umurambo wa Dusabeyezu wajyanwe mu buruhukiro bw’ibitaro bya Cankuzo, mu gihe uyu mugore we agifungiwe muri kasho ya Cankuzo, mu gihe iperereza rikomeje.

 

 

Related posts