Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
amakuru mashya

Umupadiri yahagaritswe gutura igitambo cya Misa azira gufata ku ngufu umwana w’umukobwa akamutera inda.

Mu gihugu cya Tanzania, umupadiri yahagaritswe gutura igitambo cya Misa nyuma yo gufata ku ngufu umwana w’umukobwa ufite imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye.

Uyu mupadi icyaHA akurikiranyweho yagikoze mu kwezi kwa gatatu 2020 muri Hoteli ya Snow View iherereye mu karere ka Hai muri Tanzania gusa kuri ubu urubanza rwe rukaba rutararangira.

Bitewe nuko uyu mupadiri yaburanaga adafunze, niyo mpamvu hafashwe icyemezo cyo kuba bamuhagaritse  gutura igitambo cya Misa mu gihe urubanza rwe rutaracibwa ngo ahanwe cyangwa agirwe umwere.

Umunyeshuri Padiri yateye inda yamaze kubyara hanyuma hafatwa ibizamini by’umwana ngo harebwe niba koko uwo mwana ari uwa Padiri.

Related posts