Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yateye ishyari abandi bahanzi kubera ibyo yakoreye umukunzi we

Urukundo rugeze aho ruryoshye , hagati ya The Ben na Miss Uwicyeza Pamella ,  uyu muhanzi ukunzwe nabenshi mu Rwanda yaguriye umugore we imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover iri mu zigezweho , nk’ impano y’ urwo amukunda.

Amakuru yizewe, avuga ko The Ben yatumije i Dubai iyi modoka yo mu bwoko bwa Range Rover, kugira ngo ayihe umugore we Pamella nk’impano y’urukundo amukunda uko bwije uko bucyeye.

Uwaduhaye amakuru, avuga ko iyi modoka itaragera mu Rwanda kuko ikiri i Dubai, ariko ko ibindi byose bisabwa kugira ngo igere mu Rwanda, byamaze kwishyurwa, hakaba hasigaye ko igera kuri Pamella.Yagize ati Ni imodoka ya Range Rover, The Ben yaguriye umugore we nk’impano yo gukomeza gushimangira urukundo amukunda.”

Abasore bafite ibi bimenyetso baragowe kuko abakobwa babirundiraho nk’ uko umuzinga w’ inzuki wirundira mucyima

The Ben na Uwicyeza Pamella bamaze igice cy’umwaka ari umugore n’umugabo mu irangamimerere ry’u Rwanda, kuko basezeranye tariki 31 Kanama 2022.

Dore ibyiza mwari mwarahishwe , oga mu maso yawe amazi arimo umunyu ubundi wirebere ngo uragira uruhu rutobozwa urwara

Related posts