Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Umugore yafashwe videwo ari kumviriza abarimo gutera akabariro bizihiwe ku manwa y’ihangu nawe afatwa n’umuriro.

Umugore yaguwe gitumo arikumviriza amajwi yabarikuruhukira mu gitanda bari gutera akabariro basakuza.

Iyi ni inkuru ishingiye ku mugore wafashwe videwo ari kumviriza abarimo gutera akabariro bizihiwe ku manwa y’ihangu.

Ni umugore wasekeje abantu cyane, aho akomeje guca ibintu kuri Instagram kubera amashusho yafashwe ari kumvuriza amajwi y’abizihiwe no gutera akabariro

Nk’uko ikinyamakuru Atinkanews kibitangaza, byari mu masaha y’igicamunsi ubwo uyu mugore yazaga kubasura nk’inshuti ahageze yumva banyuzwe, nawe arahaguma kugirago yifatanye nabo mu kirori k’ibyishimo.

Nkuko bigaragara muri videwo umugore yaje ahagarara mu idirishya maze nawe arizihirwa mugihe yasanze barimo gukora urukundo nkuko byumvikana mu majwi.

Umugore wateraga akabariro yumvikanye yishimye ndetse yanakomeje gusakuza aterera hejuru ijwi rye kubera uburyo umugabo we yari yamushimishuje.

Uyu mugore wafashwe aya mashusho yavuze ko nawe yahavuye yizihiwe nkuko abari bari mugikorwa bari bizihiwe aho avuga ko yahavuye nawe yafashwe agahita ajya gushaka ubimukorera.

Bamwe mu batuye muri ako gace bo bavuga koi bi babimenyereye ko uyu muryango uhora wizihirwa muri ubu buryo ndetse bagasakuza cyane.

Related posts