Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Umugore amaze imyaka 14 aryamana n’ umwana we buri gihe ku wa Gatatu. Umva impamvu yatumye akora ayo mahano..

Umugore witwa Ajak, yatunguye abantu benshi ubwo yavugaga ukuntu amaze imyaka 14 yose aryamana n’ umuhungu we buri gihe ku munsi wa Gatatu w’ icyumweru mu rwego rwo kumufasha ngo ubukire bwe butayoyoka.

Ikinyamakuru Newslex Point kivuga ko Ajak akomoka mu gihugu cya Sudani y’ Epfo yavuze ko aramutse ataryamanye n’umuhungu we nanone yahita apfa.

Iki kinyamakuru kivuga ko aba bombi baba mu Buholandi ndetse ko uyu mugore ukomoka mu bwoko bw’Abadinka yabivugiye mu rusengero, pasiteri akamusengera.Ajak avuga ko ubutunzi bw’umuhungu we yabukomoye ku mupfumu ari nawe wamutegetse iyo migenzo.Yagize ati ” Kuva mu 2008 ndyamana n’umuhungu wanjye buri kuwa Gatatu w’icyumweru. Mba ntinya ko yapfa cyangwa akabura imitungo ye. Yashinze kompanyi itwara ibintu ubu arakize cyane iwe huzuye imodoka.”

Uyu mugore avuga ko uko kuryamana bibera mu nzu ye kuko ariho ibyo umupfumu yabahaye.Uyu mugore ntavuga niba umuhungu we yubatse.

Related posts