Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Umugeni yakoze agashya yanga gusoma umugabo we ubwo pasiteri yari abahaye uruhushya.

Abantu bakoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye bakomeje gukwirakwiza amashusho yerekena ibirori by’ ubukwe bitangaje ubwo umugeni yakoze agashya mu rusengero akanga gusoma umugabo we nyuma yo gusezerana.

Umuntu wafashe iyi video y’ aba bombi ntiyatangaje igihugu byabereyemo gusa yerekanye umukwe arimo kwegera umugeni kugira ngo basomane cyane ko pasiteri yari amaze kubasezeranya ariko uyu mugore yanga kumwegera ahubwo yubika umutwe abantu bose bari babutashye bavuza induru karahava.

Uyu mugabo ubwo yari amaze gukozwa isoni n’ uyu mugore we yagerageje gukomeza gupfunda umutwe kuri uyu mugeni ariko bitangira akabizu yari atagereje akabuze burundu.

Bwa nyuma, uyu mugeni yanze kubura uyu mutwe ahubwo isura ye irijima mu kwerekana ko atishimiye icyo gikorwa Pasiteri yarabategetse.

Abashyitsi bakomeje guja amashyi aba bashakanye nubwo umwanya wo gusomana wagenze nabi.

Related posts