Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Umugabo yafashwe ari gusambana n’ umugore wabandi yiruka mu muhanda atambaye ikariso abantu baramushungera.

Umugabo yafashwe ari gusambana n’ umugore wabandi yiruka mu muhanda atambaye ikariso abamubonye baramufashe amafoto.

Umugabo yafashwe ari gusambana n’ umugore wabandi bamwirukankana atambaye ikariso nyuma yo gushiduka yiruka mu muhanda yibagiwe ipantaro ye ndetse n’ikariso aho yasambaniraga.

Mu mafoto yaciye ibintu harimo ay’ umugabo wafashwe asambana n’umugore wabandi bamufashe yiruka atambaye ikariso.

Umugabo wo muri Uganda yafashwe asambana n’umugore w’abandi mu gihe yageragezaga kwiruka ngo acike umugabo yasambanyirizaga umugore yibagiwe ipantaro .

Uyu mugabo ubwo yafatwaga ari gusambana yahise yiruka yibagirwa ipantaro maze abari hafi aho bahita bamufata amafoto bayahererekanya kumbuga nkoranyambaga.

Bamwe mu bari bahari bahise batangira kuyazengurutsa bifashishije urubuga rwa whatsap aho bayahererekeshaga amagambo ariho udutangaro twinship cyane.

Amakuru avuga ko uyu mugabo n’umugore Atari ubwambere bafashwe ko ahubwo babigize umuco nubwo ubuyobozi bwo muri aka gace buvuga ko batari babizi.

Related posts