Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Umubyeyi wa Perezida Tshisekedi amusabye ikintu gikomeye ku buryo ku kigeraho byamusaba imbaraga zikomeye

Biravugwa Perezida wa Congo Tshisekedi yatse ubuhungiro

 

Amakuru arimo gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ni ubutumwa bwa Mama wa Perezida Tshisekedi aho yasabye umwana we ikintu gikomeye cyane aho yavuze ko Kivu iduteza ibibazo naho ni mu Rwanda.

Ubutumwa bugufi uyu mubyeyi wa Tshisekedi witwa Marthe Kasalu Jibikila , yohereje uyu muhungu we ku rubuga rwa Whatsapp bakoresha mu muryango buza kujya hanze bikozwe n’ umwe muri bene wabo. Yagize ati” Abo baswayili bo muri Kivu na Katanga nibo banye_ Congo? Aba Zaïre na Kasaï bo ntabwo ari abanye Congo,ntabwo bazigera bayobora iki gihugu ,kuva Kasavumbu yapfa ntiturongera kubona undi wo mu bwoko bw’ aba Congo uyobora iki gihugu ,kuva Lumumba yapfa nta wundi mu Kasaï wayoboye iki gihugu, twebwe icyo dukwiriye gukora nukurwanya abo bavuga Igiswahili bo muri Kivu Zombi tukabafatanya n’ u Rwanda kuko bose abazungu babakoronije babahinduye kimwe.

Ubu butumwa bukomeza bugira Buti” Nibiba ngombwa ko hari icyakorwa mwana wanjye Tshisekedi rasa Kivu yose hawe n’ u Rwanda ubisenyere rimwe n’ abo bantu Imana izarema abandi, Imana yatwitse ab’ isodomu na Gomola na we batwike tubone amahoro mwana wanjye”.

Uyu mubyeyi wa Tshisekedi usanzwe azwiho kwibera mu masengesho yakomeje asaba umwana we ko yahanagura burundu u Rwanda ndetse na Kivu zombi ngo kuko n’ ubundi Kivu yagize ari iy’ u Rwanda.

Related posts