Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Ubuhamya bw’umusore uherutse gusambanya ingurube bwashenguye imitima yabenshi

Umusore uri mukigero cy’imyaka 20 witwa David wo mumurenge wa Runda mukarere ka kamonyi , yatawe muri yombi kucyumweru tariki 04 Ukuboza 2022 ubwo yafatirwaga mucyuho arigusambanya ingurube. ubwo uyumusore yafatwaga na nyiri iyingurube ndetse akanihutira kumenyesha RIB ayakuru ndetse David akaza guhita atabwa muri yombi, byaje kumenyekana ko uyumusore hari hashize igihe kigera kumezi 3 niminsi 10 nubundi afunguwe nyuma yuko yari yafunzwe kubera gusambanya inka akaba yongeye gutabwa muri yombi kubera gusambanya ingurube y’umuturanyi we.

Mubuhamya abaturage baturanye na David batanze bavuzeko mubyukuri uyumusore asanzwe ari muzima ariko akaba akekwaho ko yaba arwaye indwara zo mumutwe. mumagambo yabo bagize bati:” uyumusore mubusanzwe asanzwe ari umusore w’imbaraga ufasha bose, ariko numusore ubona ko yamaze kwangirika mumutwe ndetse ntagushidikanya ko yaba arwaye mumutwe kuko ntakuntu umuntu muzima yatinyuka gusambanya inka yamara kubihanirwa akongera gusambanya itungo rigira umwanda nk’ingurube koko? mubyukuri david ntawamenya icyo yabaye gusa twagira inama ubuyobozi ko yajyanwa kwamuganga bagasuzuma imitekerereze ye uko iteye.”

Uyumuturage wasambanyirijwe itungo nawe yanze guceceka maze atangaza amagambo agira ati”Kucyumweru saa kumi nebyiri za mu gitondo, nasanze umuhungu witwa David ambereye ku ngurube ari kuyisambanya.Namaze kumubona, ndavuga ngo uri mu biki, nibwo yahagurutse arambara.Nkimara kumubona,yagiye guhindura imyenda yari yambaye.Nibwo twamutwaye kuri RIB.ikintu cyatumye mutwara kuri RIB nuko iyo nza kumwihorera uyumusore ntabwo yarikuzabona uko ajyanwa kwamuganga kandi mubigaragara ararwaye kuko ubundi asanzwe ari umwana mwiza ariko kuva yatangira kujya asambanya amatungo kurubu twese byatubabaje ariko kumujyana akaganirizwa akanavuzwa nibyo byaba byiza kuruta kuba namukingira ikibaba.”

Related posts