Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare
Amakuru atugeraho aravuga ko umutwe wa M23 wongeye kwigarurira uduce twinshi twa Walikale muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’ uko bari barayivuyemo...