Uyu mukobwa umeze uku nta rukundo agufitiye niyo wamuha ubutunzi bwawe bwose ntabwo yagukunda ahubwo azagusiga ku musozi wiruka
Bamwe mu basore bajya batakaza amafaranaga atagira ingano bitewe n’abakobwa baba barabiyoberanyijeho bakababeshya ko babakunda nyamara bababeshya bashaka kurya amafaranga yabo, bakigira abakunzi babo bakabasiga...