Mu karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi haravugwa inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umwana w’imyaka itatu aho bikekwa ko yishwe na Papa we umubyara yarangiza akamujugunya...
Mu rucyerera rwo Kuri uyu wa gatatu mu karere ka Ruhango mu murenge wa Mbuye nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umusore w’imyaka 18 witwa Dusabimana...
Umugabo witwa TUYISENGE Shemayi wo mumudugudu wa Nyinya Mukagari ka Munini mumurenge wa Ruhango mukarere ka Ruhango aravuga ko yaba yagambaniwe na bagenzi be nyuma...
Ni mu Karere ka Ruhango , niho havugwa iyi nkuru y’Umukozi ushinzwe ubuzima mu murenge wa Kabagari muri arashinjwa gusambanya umugore w’undi mugabo nka ruswa...