Ruhango:Nyuma yo gutandukana n’uwo bashakanye yafashe umwanzuro wo kwihekura ndetse anamujugunya mu bwiherero.
Mu karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi haravugwa inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umwana w’imyaka itatu aho bikekwa ko yishwe na Papa we umubyara yarangiza akamujugunya...