Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuruamakuru mashyaImyidagaduro

Si Umuyobozi wa #Miss Rwanda Gusa,Umuyobozi w’ikigo Cy’amashuri nawe Yatawe muri Yombi Nyuma Yo Gusaba Happiness Umwana w’imyaka 15 akamusambanya.[INKURU YOSE].

Umuyobozi w’ishuri yatawe muri yombi ubwo yafatwaga arimo gusambanyiriza umwana w’umukobwa ufite imyaka 15 mu biro bye akavuga ko yamuhaye ibyishimo(Happiness).

Iyi ni inkuru ishingiye ku muyobozi w’ikigo cy’amashuri w’asambanyije umwana w’umukobwa ukiri muto.

Ikibazo cy’ubusambanyi kimaze gufata indi ntera kuko abantu basigaye babikora nkakazi kababeshyejeho.

Muri iki gitondo habyutse havugwa umuyobozi w’ishuri wakoze amabara nyuma yo gusambanya umwana w’umukobwa mu biro bye akivuga Imyato ko uwo mwana yararyoshye.

Nkuko bisobanurwa neza ngo Umuyobozi w’ishuri yatawe muri yombi ubwo yafatwaga arimo gusambanyiriza umwana w’umukobwa ufite imyaka 15 mu biro bye gusa igitangaje ni uburyo yavuze ko yararyoshye ngo kuko yamuhaye ibyishimo(Hapiness)

Kuri ubu abantu bose babonye iyi nkuru bifahse ku munwa aho Amakuru aturuka mu gihugu cya Ghana avuga ko umuyobozi w’ishuri rya Offinso JHS mu gace kitwa Ashanti yafashwe ari gusambanya umukobwa w’imyaka 15 mu biro bye ahita ashaka kwiruka baramufata yisobanura mu buryo butangaje.

Uyu muyobozi w’ikigo utaramenyekana izina yafungiye umunyeshuri mu biro bye ndetse ngo hashize igihe asambanya uyu mwangavu.aho bivugwa ko uyu mwana w’umukobwa akiri muto n’ubwo uyu muyobozi yirirwa amusambanya amasaha menshi ngo Y’ijoro.

Amakuru atangwa nabasanzwe babazi avuga ko Uyu mukobwa bivugwa ko uyu muyobozi wikigo amaze igihe kitari gito asambana n’uyu munyeshuri.

Kuri ubu uyu mugabo biravugwa ko amahirwe menshi ashobora guhamwa niki cyaha,Kubera imyaka mike y’uyu mwana,uyu muyobozi w’ikigo nahamwa n’ibi byaha azakatirwa igifungo cy’imyaka myinshi nkuko amakuru abitangaza aho umwe yabisobanuye neza ati “Uyu azahanwa cyane ibyo yigira ngo yashakaga ibyishimo”.

Abo muri iki gihugu bemeza ko iki cyaha kitajya kibabarirwa,Amakuru ava muri ikigihugu avugako uyumuyobozi aramutse ahamwe ni iki cyaha cyo guhohotera umwana ukiri muto shobara gufungwa imyaka itari mike.

Related posts