Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
AmakuruImideri

Rihanna yahishuye ikintu gikomeye nyuma yuko benshi bibazaga impamvu ahora yambitse ubusa Inda atwite. Urumirwa !

Rihanna usanzwe ari umuhanzi akanaba umunyamideli ukomeye cyane muri Leta zunze ubumwe za Amerika,akomeje kuvugisha abatari bake kumbuga nkoranyambaga aho yarahiriye kutambika inda ye kuva yamara kubishyira ahagaragara ko atwite.

Umunyamideli akaba n’umuhanzi kazi Rihanna ubarizwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika aherutse gutangaza ko atwite ndetse ahita anatangira kujya ashyira amafotoye kumbuga nkoranya mbaga ariko akenshi akayahashyira arikumwe n’umugabo we. uyumunyamideli rero benshi bakomeza kwibaza impamvu atajya yambika inda ye atwite cyane ko igihe cyose yagerageje gushyira amafotoye hanze yayahashyize yagerageje guhisha ubwambure gusa ubudi ibindi bice by’umubiri akanga kubyandika birimo n’inda atwite.

Rihanna ni umwe mubyamamare bikomeye cyane iyi isi ifite ndetse usibye kuba ari nibyo uyumunyamideli Rihanna akaba ari no mubaherwe kazi  iyi isi ifite ndetse akaba ari no mubatunze agatubutse . nyuma rero yuko iki cyamamare gikunda kugaragaza amafoto atambitse inda, byatumye abantu benshi bibaza uko byaba  byagendekeye Rihanna kugirango atinyuke kuba yakwifotora yarangiza agasangiza i foto abakunzi be ayinyujije kumbuga nkoranya mbaga, byatumye benshi bibaza byinshi ariko birushaho kubashobera.

Uyumunyamideli rero ubwo yagiranaga ikiganiro nitangaza makuru yaje kuba amena amabanga akomeye aho yahishyuye ko ibyo akora byose abiterwa no kuba yishimiye ko agiye kubyarana n’umukunzi we ASAP ndetse anatangaza ko adaterwa isoni no kuba mumafoto agenda ashyira hanze, umugabo we ayagaragaramo ariko yambaye mugihe uyumugorewe Rihanna aba atambitse inda cyane ko irimo umwana yitegura kuba yabyarana n’umukunzi we ASAP.

Nyuma yo guhishura ko atewe ishema no kuba agenda atambitse inda yanongeye ho ko abizi neza ko ari mubantu b’igitsina gore bafite uburanga ndetse anavuga ko ntampamvu yo kuba yahisha n’uburanga bw’inda ye cyane ko bumufitiye umwana. Rihana kandi yanatangaje ko umukunziwe ASP binavugwako iyinda yaba ari iye, yatangaje ko yaba atewe ishema n’amafoto umukunzi we ashyira hanze kandi bose bakaba babyishimiye ndetse anongeraho ko kubwe bitanakwiriye kuba ari ikibazo kumuntu uwariwe wese, cyane ko ariwe utwite atari undi amutwitiye.

Related posts